Uru rubuga rwashyiriweho kugira ngo rufashe Leta y’ u Rwanda n’Abafatanyabikorwa bayo mu Iteramberambere gushyira mu bikorwa imiterere inoze y’inkunga zikusanijwe mu buryo bwiza bwo gutanga no guhanahana amakuru.
Ruteganya kandi ububiko bw’amafaranga akusanijwe hamwe mu gufasha gutunganya igenamigambi no gushyira mu bikorwa byazweho by’ingenzi mu iterambere. Intego nyamukuru y’abafatanyabikorwa ni ugufatanya hagati yabobireba hagamijwe kugera ku ntego zagenwe muri Gahunda y’Imbatura Bukungu ya II ((EDPRS II), Icyerekezo 2020 n’Iterambere ry’ Ikinyagihumbi.
|