URUBUGA RW'ABATERA NKUNGA MU ITERAMBERE RY'U RWANDA

Gutunganya neza itangwa ry ’inkunga mu Rwanda

REPUBULIKA Y'URWANDA

Gutunganya neza itangwa ry ’inkunga n’uburyo iterambere ryagerwaho neza mu Rwanda

Uru rubuga rwashyiriweho kugira ngo rufashe Leta y’ u Rwanda n’Abafatanyabikorwa bayo mu Iteramberambere gushyira mu bikorwa imiterere inoze y’inkunga zikusanijwe mu buryo bwiza bwo gutanga no guhanahana amakuru.  

 

Ruteganya kandi ububiko bw’amafaranga akusanijwe hamwe mu gufasha gutunganya igenamigambi no gushyira mu bikorwa byazweho by’ingenzi mu iterambere.   Intego nyamukuru y’abafatanyabikorwa     ni ugufatanya hagati yabobireba  hagamijwe kugera ku ntego zagenwe muri Gahunda y’Imbatura Bukungu ya II ((EDPRS II), Icyerekezo 2020 n’Iterambere ry’ Ikinyagihumbi.

 

 


SOCIAL MEDIA
LATEST NEWS
Displaying results ###SPAN_BEGIN###%s to %s out of ###SPAN_BEGIN###%s
<< First < Previous 1-7 8-8 Next > Last >>
USEFUL LINKS